About this song
Lyrics
Iminsi iranze imbanye myinshi Uwo mutwaro cyo ngwino uwunyakire Ibyo ngutekerezaho ni byinshi Ariko kandi ni mu gihe Muhoza wanjye wandutiye benshi Bwiza we uri umuziranenge Uwo mu mataba ateze neza Mbega shenge uraho urakoma Burya urya munsi utangirira amatage Ugababaza ababanaga Wibagiza iyabaye myiza Ni ko byose bisimburana Igihe nzaba ndi kumwe na we Mu mu munezero mwinshi cyane Umpe ikiganza cyawe nguhe icyanjye Twibagiwe uyu mubabaro Wibaza byinshi ku mwana ukunda Ugasanga ari kure cyane Maze ugapima iki ikirere Ugasanga utagiheutagiheza Uragire umutima wihangana Gusa ujye uhorana ikizere Ubu hari igihe byose bizashira Maze twembi tukabonana Ihanagure amarira ayiwe, Nzaguhoza tubonanye Simbi ryanjye ubane n'imana Bwiza buzira ubuhongano
Year
2016
Plays
783
Downloads
6
Duration